资讯

Minisitiri w’Ububanyi n’amahanga w’u Rwanda Amb. Olivier Nduhungirehe, yavuze ko ayo masezerano azashingira ahanini ku ...
Radio Rwanda is a public Radio channel owned by Rwanda Broadcasting Agency and broadcasting in Kinyarwanda, French, English and Kiswahili. It has branches countrywide known as Comunity Radios such as ...
Kuri uyu wa Gatanu, u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo basinye amasezerano y’amahoro yateguwe na Leta Zunze ...
Bamwe mu baturage bo mu Karere ka Rubavu by'umwihariko abo mu bice by’icyaro beretse Abasenateri ko bigoye kubona ibicanwa bitangiza ibidukikije kuko ubushobozi bwabo butabemerera kubyigondera. Aba ...
U Rwanda rwitabiriye Imurikagurisha Mpuzamahanga ry'Ubukungu n'Ubucuruzi rihuza Afurika n'u Bushinwa, riri kubera mu Mujyi wa Shangsha [Shangsha International Exhibition Center], mu Ntara ya Hunan.
U Rwanda rwageze ku ntego yarwo ko nibura abana b’Abanyarwanda 45% bajya banyura mu cyiciro cy’amashuri y’incuke mbere yo gutangira abanza. Ni mu gihe intego ari ukuzamura iyo mibare ikagera muri 65% ...
Abahinzi b’imboga n’imbuto barenga ibihumbi 30 barishimira kuba basigaye bahinga bizeye isoko, ibi kandi bikaba byarazamuye imibereho myiza yabo. Babitangaje ubwo Umuryango TearFund wabafashije, ...
Mu myaka itanu ishize, Urwego rw'Igihugu rw'Ubugenzacyaha, RIB, rwashyikirije Ubushinjacyaha dosiye 148 z'abakurikiranyweho ubwambuzi bushukana by'umwihariko ubushingiye ku bantu bizeza abandi ko ...
Abahanzi barimo Kendrick Lamar, Chris Brown, SZA, Ayra Starr, bari mu begukanye ibihembo muri ‘BET Awards 2025’ mu gihe Snoop Dogg yagaragaye mu bahawe igihembo cyihariye. Mu ijoro ryo ku wa Mbere, ...
Tariki ya 7 Kamena 2025 ni bwo u Rwanda rwikuye mu Muryango w’Ubukungu by’Ibihugu byo muri Afurika yo Hagati (CEEAC), ruwushinja kunyuranya n’amategeko shingiro awugenga no kubogamira ku ruhande rwa ...
Umuyobozi Mukuru wa Polisi y’u Rwanda, CG Felix Namuhoranye, yashimiye abayobozi bakuru b’inzego z’umutekano bitabiriye umuhango wo gusoza amasomo ya ba Ofisiye bakuru bamaze umwaka biga mu Ishuri ...
Intumwa ziturutse muri Uganda zasuye Icyanya cyahariwe Inganda giherereye i Masoro mu Mujyi wa Kigali, by’umwihariko basura Uruganda rwa Africa Improved Foods, rukora amafu yiganjemo inyongeramirire y ...